quarta-feira, 20 de abril de 2011

Ikigeragezo cya Satani kw 'isi

Mbanje kuba suhuza mw'izina ry'umwami wacu Yesu Kristo; bene data ubundi nkuko tubisanga muri Bibiriya ,Satani yari Marayika ukomeye mwijuru ,ariko ntabwo byashobotse .kuko yaje kwishyira hejuru, bituma ubutware yari mwijuru abunyagwa ,bituma natwe abari kwisi tugwirwa ni shyano kuko satani ya tugwiriye ;

SATANI KU ISI ;kandi ibyo sigita ngaza,kuko na Satani ubwe yi hindura nka marayika w'umucyo" 2 Abakorento 11;14-16; kugwa kwa Satani ntabwo kwagize ingaruka mw ijuru gusaahubwo kwagize igaruka nahano ku isi, kandi kwigomeka kwe mu ijuru kugara gara nahano ku isi ; kuko duhura ni nta mbara zikomeye hano kw'isi ,

Soma Ibayhishuwe 12;7-12 ;Harimo imiburo myishi kuritwe ndetse ni byiringiro nyabyo dusomye neza ariya magambo; uretse yuko twe dufite amahirwe kubera umusaraba ,kubyo Yesu Kristo yadukoreye .tuzi neza yuko bizagera kuiherezo ryabyose tumenye yuko intsinzi izahabwa abazambikwa umwambaro wo gutungano kwa kristo bityo rero ,bene data Satani akora kumanywa na nijoro ashaka uburyo yabuza benshi kumenya agakiza k' Imana ;

Ongera usome 2 Abakorento 11;14; maze utekereze icyo Pawulo yashakaga kuvuga harimo ubutumwa bwiza ugomba kuvanamo muriri somo rya Pawuloi

Sem comentários:

Enviar um comentário