UMWITERO WA ELIYA NA ELISHA
AHO ICYIGISHO CY'IKI CYUMWERU KIBONEKA: 1 Abami 19:1-19; 2Samweri 10:3,4; Ezekiyeli 16: 15, 16;1Abami21:21-29;2Abami 2: 1-18.
ICYO KWIBUKWA:"Burya agayinda gahuje n'ibyo Imana ishaka gatera umuntu Kwihana kakamugeza ku gakiza, agahinda nk'ako nta mpamvu yo kukicuza. Naho agahinda gasanzwe ko muri iyi si kageza umuntu ku rupfu "
{2 Abanyakorenti 7;10 .
Habaye abantu bake bavuzwe muri Bibiliya bagiye bahura n'ibihe bibabaje cyane,bakongera bakagira ibihebishimishije cyane kurusha umuhanuzi Eliya.muribyo byose ,umuntu ashobora guhura n'ikigeragezo .gikomeye cyane ariko IMana iba ifite umugambi kuri wowe.kuko Imana iba ifite ubushobozi buta ngaje kuri isi yacu ,
URUGERORW'UKO Eliya yari umuntu ukomeye cyane mumitekerereze y'abayahudi ruboneka mubutumwa bwiza ,aho petro yavuze y'uko bamwe bavugaga y'uko Yesu ko ari Eliya.(Matayo 16;14-16.
IJWI RITUJE KANDI RYOHEREJE.
imibereho ya Eliya dusoma mugitabo cya mbere n'icyakabiri cy'Abami,harimo ingero z'ubutwari yagizeaho yagiye ahangana n'Abami n'itera bwoba ryokumuvutsa ubuzima yagendaga ahura naryo.Nyamara,hhabayeho igihe kimwe gikomeye ubwo yari yugarijwe n'iterabwoba ry' umwamikazi mubi,yahunze kugirango akize amagara ye. Mugitabo cyabami cya 18.havuga uburyo yasenze maze umuriro ukamanuka uvuye mw'ijuru ukagwa ku musozi Karumeri, yicisha abahanuzi ba baali kandi aburira AHABU ,Ngo ahunge imvura yari igiye kugwa.Yuzura imbaraga zivuye mumbaraga zivuye ku mana.arakomeza yirukanka kirometero 32 kugera igara Yezereri.
sábado, 7 de maio de 2011
UMUGAMBI W'Imanak'Umuntu ufite umubabaro
uMUGAMBI W'Imanak'Umuntu ufite umubabaro
dusomye muri Yohani 16;20-24.haribyo Yesu asezeranya umuntu ufite agahinda n'umubabaro.
irisomo ritanga ibyiringiro ,bikomeyeku muntu wese uhura n'ibihe by'umubabaro,kuburyo bw'umubiri cyangwa kubwibitekerezo.
Isi yacu isa nkaho yuzuye umunezero.Akeshi iyo umuntu w'umukristo arebye ibi muzengurutse.abona yuko Isi idashyira mugciro. Abanyabyaha basan'abamerewe neza,mugihe abantu bitanga mugukorera Imanabahura n'umubabaro mwishi cyane.Ariko Yesu kristo aduhumuriza ko ibyo ibyo bitazakomeza gutyo ibihe byose.Uretse n'ibyo ,ibyo turebesha amaso biraduhenda. Dukunze kwibwira yuko abandi babayeho neza kandi banezerewe kutrusha.
Agahinda,ISHAVU n'umubabaro bizahinduka umunezero.aho niho isezerano rya Yesu kristo rinshingiye.Abizera Imana bakwiye kumenya neza ko umubabaro uzashira ugasimburwa n'umunezero. Umubabaro uzibagirana.Kwibuka ibibi byahisebikunze kudutera kubura amahoro.igihe kinini abantu beshi,bakora uko bashoboye kugiranga bagabanyeingaruka zibyahise ziboneka mumibereho ya none,yabakiliya babo .Yesu atwiringizako,nkuko umugoreamara kubyara akibagirwa uburibwe amaze kubona uruhinjarwe.niko n;abizeraImanaumunsi umwe bazibagirwa umubabaro w'ibihe byahise ,mumenye ko ntamuntu n'umwe ushobora kutwambura umunezero wacu.umunezero Yesu atanga ntabwo umeze nkuko muwutekereza ubu, Yesu aduha umunezero usesuye,umunezero wibihe byose AMEN .
dusomye muri Yohani 16;20-24.haribyo Yesu asezeranya umuntu ufite agahinda n'umubabaro.
irisomo ritanga ibyiringiro ,bikomeyeku muntu wese uhura n'ibihe by'umubabaro,kuburyo bw'umubiri cyangwa kubwibitekerezo.
Isi yacu isa nkaho yuzuye umunezero.Akeshi iyo umuntu w'umukristo arebye ibi muzengurutse.abona yuko Isi idashyira mugciro. Abanyabyaha basan'abamerewe neza,mugihe abantu bitanga mugukorera Imanabahura n'umubabaro mwishi cyane.Ariko Yesu kristo aduhumuriza ko ibyo ibyo bitazakomeza gutyo ibihe byose.Uretse n'ibyo ,ibyo turebesha amaso biraduhenda. Dukunze kwibwira yuko abandi babayeho neza kandi banezerewe kutrusha.
Agahinda,ISHAVU n'umubabaro bizahinduka umunezero.aho niho isezerano rya Yesu kristo rinshingiye.Abizera Imana bakwiye kumenya neza ko umubabaro uzashira ugasimburwa n'umunezero. Umubabaro uzibagirana.Kwibuka ibibi byahisebikunze kudutera kubura amahoro.igihe kinini abantu beshi,bakora uko bashoboye kugiranga bagabanyeingaruka zibyahise ziboneka mumibereho ya none,yabakiliya babo .Yesu atwiringizako,nkuko umugoreamara kubyara akibagirwa uburibwe amaze kubona uruhinjarwe.niko n;abizeraImanaumunsi umwe bazibagirwa umubabaro w'ibihe byahise ,mumenye ko ntamuntu n'umwe ushobora kutwambura umunezero wacu.umunezero Yesu atanga ntabwo umeze nkuko muwutekereza ubu, Yesu aduha umunezero usesuye,umunezero wibihe byose AMEN .
Yosefu na Benese
Yosefu na Benese
Ishyari ry’aba vanndimwe ni ribi, bihagije byagaragariye no mumiryango yak era. Ariko muri abadahuje ababyeyi byabaye bibi bikabije bizamo urwango, ishyari gutonesha no kwishyira hejuru ari nabyo byavuyemo akaga gakomeye.
Bitangira benese wa Yesefu nhtabwo bari abahungu beza cyane murungano rwabo, siko byari se?,
Soma itangiriro 34 ikigitabo kitubwira imico yabo bavandimwe . Ikindi kandi ,harimo ni nzozi za Yosefu( Itangiriro 37;56-11.) zavugaga ko umuryango wose uzamuha icyubahiro ukunama imbere ye.niyo benese wa Yosefu batabanje kumwanga,inzozi ze zari gutuma barushaho kumwanga, mubyukuri nibyo tubwira mwitangiro 37;8
Ikibazo ;Mbese byari gutuma imibanire hagati ya YOSEFU nabenese irushaho kuba mibi ? Soma Itangiriro 37;2 . bene data nta muntu n’umwe wishimira ko bamunegura, bityo benese wa Yosefu ntibishimiraga uburyo yosefu abwira se ibyabo . birengagije imyitwarire yabo itari myiza ,n’ubwo bibiliya itatubwira ibibi bakoraga muburyo bweruye
Amaherezo ariko ahari ikibazo cyari gikomeye cyari iki, nkuko bibiliya ibivuga” Yakobo yatoneshaga Yosefu kuruta abandi bahungu be”.{ Itangiriro.37;3} BENESE babonaga aho se abogamjiye kandi ibyo byatumaga ibintu birushaho kuba bibi cyane. Bigatuma benese batagomba kumwihanganira / ayo mateka atuma dusobanukirwa ni nkurikizi zabyo kuri abo bava ndimwe .
Ishyari ry’aba vanndimwe ni ribi, bihagije byagaragariye no mumiryango yak era. Ariko muri abadahuje ababyeyi byabaye bibi bikabije bizamo urwango, ishyari gutonesha no kwishyira hejuru ari nabyo byavuyemo akaga gakomeye.
Bitangira benese wa Yesefu nhtabwo bari abahungu beza cyane murungano rwabo, siko byari se?,
Soma itangiriro 34 ikigitabo kitubwira imico yabo bavandimwe . Ikindi kandi ,harimo ni nzozi za Yosefu( Itangiriro 37;56-11.) zavugaga ko umuryango wose uzamuha icyubahiro ukunama imbere ye.niyo benese wa Yosefu batabanje kumwanga,inzozi ze zari gutuma barushaho kumwanga, mubyukuri nibyo tubwira mwitangiro 37;8
Ikibazo ;Mbese byari gutuma imibanire hagati ya YOSEFU nabenese irushaho kuba mibi ? Soma Itangiriro 37;2 . bene data nta muntu n’umwe wishimira ko bamunegura, bityo benese wa Yosefu ntibishimiraga uburyo yosefu abwira se ibyabo . birengagije imyitwarire yabo itari myiza ,n’ubwo bibiliya itatubwira ibibi bakoraga muburyo bweruye
Amaherezo ariko ahari ikibazo cyari gikomeye cyari iki, nkuko bibiliya ibivuga” Yakobo yatoneshaga Yosefu kuruta abandi bahungu be”.{ Itangiriro.37;3} BENESE babonaga aho se abogamjiye kandi ibyo byatumaga ibintu birushaho kuba bibi cyane. Bigatuma benese batagomba kumwihanganira / ayo mateka atuma dusobanukirwa ni nkurikizi zabyo kuri abo bava ndimwe .
Subscrever:
Mensagens (Atom)