sábado, 7 de maio de 2011

Yosefu na Benese

Yosefu na Benese
Ishyari ry’aba vanndimwe ni ribi, bihagije byagaragariye no mumiryango yak era. Ariko muri abadahuje ababyeyi byabaye bibi bikabije bizamo urwango, ishyari gutonesha no kwishyira hejuru ari nabyo byavuyemo akaga gakomeye.
Bitangira benese wa Yesefu nhtabwo bari abahungu beza cyane murungano rwabo, siko byari se?,
Soma itangiriro 34 ikigitabo kitubwira imico yabo bavandimwe . Ikindi kandi ,harimo ni nzozi za Yosefu( Itangiriro 37;56-11.) zavugaga ko umuryango wose uzamuha icyubahiro ukunama imbere ye.niyo benese wa Yosefu batabanje kumwanga,inzozi ze zari gutuma barushaho kumwanga, mubyukuri nibyo tubwira mwitangiro 37;8
Ikibazo ;Mbese byari gutuma imibanire hagati ya YOSEFU nabenese irushaho kuba mibi ? Soma Itangiriro 37;2 . bene data nta muntu n’umwe wishimira ko bamunegura, bityo benese wa Yosefu ntibishimiraga uburyo yosefu abwira se ibyabo . birengagije imyitwarire yabo itari myiza ,n’ubwo bibiliya itatubwira ibibi bakoraga muburyo bweruye
Amaherezo ariko ahari ikibazo cyari gikomeye cyari iki, nkuko bibiliya ibivuga” Yakobo yatoneshaga Yosefu kuruta abandi bahungu be”.{ Itangiriro.37;3} BENESE babonaga aho se abogamjiye kandi ibyo byatumaga ibintu birushaho kuba bibi cyane. Bigatuma benese batagomba kumwihanganira / ayo mateka atuma dusobanukirwa ni nkurikizi zabyo kuri abo bava ndimwe .

Sem comentários:

Enviar um comentário