GAH`UNDA YO KUGARURA ICYACUMI N ‘AMATURO
Hari igitekerezo giteye amatsiko kandi gitangaje . Umwami w’ibuyuda Yozofati yari ahanganye n’ ibihe bikomeye cyane . haza abanzi batagira ingano bateye ubwami bwe . Umwami yari amaze igihe kirekire ategura ingabo ze kandi akomeza ingabo ze kandi akomeza i mirwa ye . ariko muricyo gihe ntabwo yinshingikirije kumbaraga ze cyangwa ingabo ze ,
Nuko yozafati afata igihe cyo gushaka Imana kandi abwira abantu bi buyuda yuko bigomwa kurya, Maze abantu bose bateranira hamwe n’ UUmwami barasenga bati ,; DORE NTA MBARAGA DUFITE ZO GUHANGANA NA KIRIYA GITERO. Bbati twabuze uko tugira mwami niwowe duhanze amaso : maze umwuka w’ Imana yaje ku muntu aravuga ati; ni mutege amatwi Bayuda mwese namwe baturage bi Yerusaremu n’ Umwami yozafati .Uhoraho aravuze ngo mwitinya kandi mwikuka imitima yanyu ati ndi kumwe namwe. Kubera kiriya gitero kinini
Sem comentários:
Enviar um comentário