IJAMBO RY’UBUGINGO.
Ijambo ry’ubugingo,kubarimbuka n’urupfu ariko kubafite Yesu n’ubugingo.kuko baba bakijijwe n’ububasha bw’Imana,
Nkuko tubisoma mu byanditswe byera bivuga ngo . nzarimbura ubwenge bwabanya bwenge ndetse n’ubuhanga bwabahanga. Ni mbaraga za banyambaraga nza zihindura ubusa.
Maze ntoranye abaswa bo mw’isi guhishurirwa ubwenge bwa jye, ndetse n’abanyantege nkeya mbahe gukora iby’imbaraga zajye,
Hari abifuza kwemezwa n’ibimenyetso cyangwa ibitangaza ,Hari n’abandi bashaka kwemezwa n’ubwenge bw’umwana w’umuntu ,ariko ufite Yesu yemezwa nuko ariwe gitangaza kandi akizera yuko umusaraba ariwo kimenyetso. Hari igihe bamwe babona yuko uri umupfapfa cyangwase uri injiji , ntabwenge ufite jya wicecekera kuko ufite Yesu. kuko ufite Yesu ntaba umuswa cyangwa Injiji ;
URUGENDO RUJYA MW’IJURU
Reka tuganire kurugendo rujya mw’ijuru
Mwene data hari inzira imwe gusa ijya mw’ijuru ;iyo nzira twayiharuriwe n’umucunguzi wacu Yesu kristo . ni Inzira nto kuyinyuramo biraruhije ariko niyo yonyine gusa igera mw’ijuru.
Yesu ati; ushaka kunkurikira yiyanjye yikorere umusaraba we ankurikire , kuko arijye nzira n’ukuri n’ubugingo. Ko nta wujya kwa Data ntamujyanye . YESU ati ;ukunda ubuzima bwe kubundutisha uwo ntazabasha ku nkurikira, arongera ati; ukunda umugorewe kumundutisha nawe ntashobora kunkurikira nahato , ndetse n’ukunda umugabo we kumundutisha nawe ntabasha kunkurikira ,
Kuva mubyaha kandi n'ukujijuka .tugire urukundo ibindi byose Yesu aza bitwongerera yaje gushaka icyari cya zimiye Wowe na Jye. Yesu yaje kudushaka
ResponderEliminar